Mu gihe abantu benshi bavuga ko abakobwa bahabwa amahirwe mu mashuri kurusha abahungu, Minisiteri y’Uburezi itangaza ko icyo kibazo kitakiriho, abana bose bahabwa amahirwe angana. Minisitiri w’uburezi Dr Vincent Biruta yasobanuye ko amahirwe ku bana b’abakobwa no ku b’abahungu mu kwiga angana kuko (...) Read more...
Nkuko urubuga rw’igihe.com rwashyize ahagaragara urutonde rw’abantu barufashije kugera ku makuru mu mwaka 2012, Perezida wa Sena, akaba n’Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho myiza y’abaturage P.S.D Bwana Dr NTAWUKURIRYAYO Jean Damascene yaje kumwanya wa karindwi (7). (...) Read more...